IKIGANIRO URUBUGA RW'ITANGAZAMAKURU: Ubuhahirane nyuma yo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza Uganda nu Rwanda, Hon.Dr.Frank Habineza, Perezida wa Democratic Green Party of Rwanda, yagiranye na TV-Radio
IKIGANIRO HON. DR FRANK HABINEZA WA GREEN PARTY-UMUPAKA WA GATUNA/ AMATORA YA 2024 / IGICIRO CYA GAZ/ GATANYA ZIVUZA UBUHUHA, YAGIRANYE NA TV ISANGO Star kuwa 4/2/2022
Mwakurikira Ikiganiro Umuyobozi mukuru w'Ishyaka Green Party, Hon.Dr.Frank Habineza, yagiranye na TV 10 ku wa 8 Mutarama 2022, kubijyanye n’ikibazo cya Gaz mu Rwanda. Bagikoranye na Bwana Musangabatware Clement wari ikiyoboye, kandi barikumwe na na Bwana Ndagijimana Emmanuel umuyobozi wa Kigali Gas Ltd. Minisitiri w’ibidukikije Dr.Mujawamariya Jeanne D'Arc yatanze ubutumwa bwe akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga.
It’s my party and I’ll cry if I want to. This sentiment, outlined in Lesley Gore’s 1963 hit, has seemingly been the manifesto of politicians throughout history who view institutions as merely instruments for their own personal gain. But political parties are more than an extension of their leader’s popularity. They are vibrant organizations of thousands, sometimes millions, of people united behind a common vision, armed with the unique ability to radically transform their society.
Rwanda TV's The Square Show: A Review of 2021 | Regional Cooperation, Governance and Expectations in 2022. The Democratic Green Party leader , Dr.Frank Habineza, was a panelist and highlighted several issues of national importance.You can watch it from here: https://www.youtube.com/watch?v=dq8UqnQZQYg
Mukiganiro Depite Dr.Frank Habineza umuyobozi mukuru w’Ishyaka Green Party yagiranye n’umunyamakuru wa Radio 10 ku itariki ya 4 Mutarama 2022, yasabye ko RURA (Rwanda Regulatory Authority) yashiramo imbaraga kugirango amabwiraza yayo ajyanye no kuvugurura ibikiro bya GAZ yubahiriwe, kuberako hirya no hino mugihigu bitari kwubahirirwa.
The present year has come to an end making space for the new year. Like the previous year, 2021 was also characterized by the COVID-19 Pandemic and the country had two lockdowns, this year has also left many families mourning the loss of their loved ones. We would like to take on this moment to foremost comfort and condole all those who lost their loved ones. We would like to also express our sincere gratitude to all front-line workers who sacrificed themselves to contain this pandemic in Rwanda.