Summary of News items | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Summary of News items

UMUBAVU waganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokorasi no Kurerengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), Depite Ntezimana Jean Claude agaruka byimbitse kubyo bagiye biyemeza kimwe n’ibyo bagiye bemerera abaturage bageze babishyira mu bikorwa.Ishyaka Ishyaka Green Party si rishya mu matwi y’abantu kuko ubu ryicaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda nyuma yuko mu matora aheruka y’Abadepite ryegukanye imyanya ibiri aho rihagarariwe na Perezida... Read more
Hon.Ntezimana Jean Claude, Secretary General-DGPR
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Depite Ntezimana Jean Claude, yatangaje ko ishyaka rye ritemera kandi ryamagana iraswa ry’abantu baba bambaye amapingu bikavugwa ko bashatse kurwanya cyangwa gutoroka inzego zishinzwe umutekano. Yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama, mu kiganiro yagiranye na BWIZA TV cyagarukaga ku buzima bw’igihugu muri rusange ndetse n'aho ririya shyaka rigeze rishyira mu bikorwa ibyo... Read more
Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party akaba n’umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda, yasabye Leta gutanga ubutabera ku bantu bafungiye akarengane mu magereza yo mu Rwanda mbere y’uko inama ya CHOGM iterana. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk Channel, Dr Habineza yagarutse ku mpinduka ishyaka rye ryazanye mu miyoborere y’u Rwanda, aho yagarutse ku bitekerezo byagiye bitangwa n’ishyaka abereye umuyobozi bikagirira Abanyarwanda umumaro.Bimwe mu bitekerezo... Read more
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ‘Democratic Green Party of Rwanda’ ryamaganye icyemezo cy’uko guhera mu mwaka w’amashuri utaha, abanyeshuri bose kuva mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza bagiye kujya biga mu rurimi rw’icyongereza.Riravuga ko ingaruka mbi z’iki cyemezo zitazatinda kwigaragaza.Hari abaturage bavuga ko iki cyemezo ari kiza kuko abana bazarushaho kumenya indimi z’amahanga.Imiryango itari iya leta ikora k’uburezi ivuga ko ireme rishobora kuzasubira inyuma, ariko ikigo cy’igihugu cy’... Read more
Nile River Basin
La recherche d’une solution pour le conflit Egypte-Ethiopie autour du Barrage de la Renaissance arrive à un point d’impasse qu’il revient maintenant à l’Union Africaine (UA) d’amorcer urgemment une médiation après l’échec des pourparlers sous la médiation des USA et de la Banque Mondiale.L’Ethiopie a déjà commencé à remplir le barrage, selon les photos par satellites. Alors que l’Egypte s’oppose à ce remplissage non convenu entre les deux parties, et qui risque de réduire le niveau d’eau du Nil... Read more
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party of Rwanda, DGPR], Depite Dr Frank Habineza avuga ko ingufu Nucléaire zigira ingaruka nyinshi ku buryo u Rwanda rudakwiye guhita rutekereza kuzikoresha mu gihe hakiri izindi zirimo iz’amashanyarazi zakwifashishwa.Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire.Uyu mushinga uhuriweho n’u Rwanda n’u Burusiya aho ibihugu byombi... Read more
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party of Rwanda, DGPR], Depite Dr Frank Habineza atangaza ko kugira ngo u Rwanda rugere ku ntego rwihaye z’icyerekezo 2050, hasabwa imbaraga mu kwamagana abakoresha nabi ibya rubanda.Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko mu mwaka wa 2050, umunyarwanda azaba abasha kubona miliyoni zitari munsi ya 12 mu mwaka. Ni mu gihe biteganyijwe ko ubukungu bw’u Rwanda buzaba buzamuka ku kigero cyo hejuru ya 10... Read more
The Democratic Green party of Rwanda (DGPR) has said the existing political will of zero tolerance to corruption is a sign of a bright future.Green Party President and representative in parliament MP Dr. Frank Habineza made the remarks yesterday while appearing on a radio talk show face to face with Rwanda Patriotic Front (RPF) senior cadre Sheikh Abdul-Karim Harerimana to discuss the ‘26 year liberation journey in Rwanda’. Both Habineza and Harerimana agreed that there are issues of corruption... Read more
Mps during a past Plenary Session
Some members of parliament recently suggested the idea of government rolling out special incentives for teachers to help uplift their welfare, which, they say will go a long way in boosting the quality of education in the country. The suggested incentives include a special duty free shop where teachers can buy groceries at subsidized prices, and providing their children with free education. The MPs’ proposals last week, on Friday, June 12, during the approval of an assessment report on issues... Read more
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda: DGPR), riravuga ko Guverinoma iri kureba ku nyungu gusa ntirebe ingaruka kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire, bizateza abanyarwanda.Ku wa Mbere tariki 15 nibwo Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yatoye umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burusiya y’ubufatanye mu kubaka Ikigo... Read more
Dr.Frank Habineza in Parliament
On Monday, 15th June, during a plenary session of the Chamber of Deputies-Rwanda Parliament, two Democratic Green Party of Rwanda, MPs, voted against the law approving the ratification of the agreement between Rwanda and Russia on cooperation in the construction of the Centre of Nuclear Science and Technology on the territory of Rwanda, which was signed in Sochi, on 24th October 2019.Why did Green Party MPs Vote Against the Nuclear Center law:Hon.Dr Frank Habineza said that nuclear energy would... Read more
DGPR Barner
This Friday 12th June 2020 during a plenary session in Rwanda Parliament, Dr.Frank Habineza pleaded for teachers to get a specialised market, as it is the case for those working in the security sector  and an increament in thier salary, since the past increament did little to change thier livelihood, this would help in the improvement of quality education.Below are the submisions:Government is requested to establish a special market for teachers (Umwarimu ISOKO), whereby teachers could be able... Read more
Depite Frank Habineza
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Kamena 2020, Depite Frank Habineza, mu Nteko Nshinga Mategeko, yasabiye abakora umwuga w'ubwarimu ko bashyirirwaho isoko ryihariye (Umwarimu ISOKO) bahahiramo ndetse bakanongerezwa umushahara kuko uwo baherutse kongezwa ntacyo wigeze uzamura kumibereho yabo. Ibi bikozwe byafasha kuzamura Ireme ry’uburezi mu Rwanda.Ibintu bitatu twasabye:Ko Leta yafasha hakajyaho Isoko ryihariye rya mwarimu (Umwarimu ISOKO).  Umwarimu nawe akazajya ahaha kuri macye nkuko bimeze ku... Read more
DGPR Flag
The Democratic Green Party of Rwanda would like to inform the public that it neither owns nor supports a new online Newspaper in the names of Rwanda Tribune.It has come to our attention that Rwanda Tribune and its social media platforms have published some articles attacking other politicians. We hereby disassociate ourselves from those publications. Whomsoever that contributed to those articles did so on their own capacity and not in the names of the party.Facts about ownership of this... Read more
Democratic Green Party's new National Executive Committee Members Approved by the Political Bureau, 20th July 2019During its ordinary seating on 20th July 2019, the Political Bureau elected new Party Commissioners and therefore, confirmed the new National Executive Committee. It’s imperative to note that in addition to the Commissioners the National Executive Committee is also made up of 9 members from the Central Executive Committee who were elected by the Party Congress last year.Below is the... Read more
Photo by NEC
Parliament Chamber of Deputies has revisited the organic law governing elections to allow the bill to make sense to the current situation four years after the latest review.The law of 2003 revised in 2015, was tabled for approval on July 22. However, it came with the Democratic Green Party of Rwanda raising debate on major changes that will come with the new bill.The new bill retained that the initiative to call a referendum lies within the ambit of the President of the Republic and a... Read more
N’ubwo Umutwe w’Abadepite w’Inteko Ishinga amategeko ku wa 22 Nyakanga 2019 wemeje Umushinga w’Itegeko rigenga amatora, abadepite bamwe bo muri Green Party banze kuwemeza.Bamwe mu badepite bo mu Ishyaka ’Democratic Green Party’  basanga Perezida wa Repubulika atari we wenyine ufite ububasha bwo gukoresha Referandumu. Ingingo y’106 y’uyu mushinga w’Itegeko ivuga ko Perezida wa Repubulika ari we ufite ububasha bwo gukoresha Referandumu.Akandi gaka k’iyi ngingo gakomeza kavuga ko Referandumu... Read more
On July 20 last week, I was invited to engage members of the Democratic Green Party of Rwanda on the delicate but important subject of electoral reform, the political and electoral systems, and how to strengthen democratic institutions in the country.Interestingly, during the question and answer session, the recurrent question asked and commented on by members is “why the Green party hasn’t yet been ‘given’ cabinet and other positions in government yet it’s a constitutional requirement”.The... Read more
On Saturday, 20th July 2019, the Democratic Green Party's political bureau (second highest organ) was in Kigali for a forum on electoral reforms. In exclusive interview, Dr Habineza revealed to The Chronicles’ Protais Mbarushimana his latest project: engaging directly with President Paul Kagame as Head of State and Chairman of the dominant ruling Rwanda Patriotic Front (RPF) party.Below are excepts:The Democratic Green Party of Rwanda Executive Committee is convened here, why?Firstly, we are... Read more
Mu nama y’abahagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ku nzego zitandukanye (abagize Biro Politiki), abayitabiriye bahurije ku bikwiye kunozwa kugirango ibiva mu matora mu Rwanda birusheho kwizerwa.Abarwanashyaka ba DGPR basaba ko mu mategeko agenga amatora y’inzego z’ibanze hari ibikwiye gusubirwamo bigasobanuka niba abantu biyamamaza ku giti cyabo cyangwa bahagarariye amashyaka.Umuyobozi w’ishyaka DGPR, Hon. Dr. Frank... Read more

Pages