Rwanda | The Democratic Green Party of Rwanda
Default environment

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Amajyaruguru: Frank Habineza yerekanye ko Green Party ikorera Abanyarwanda

18 March, 2024

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Dr. Frank Habineza yatangaje ko yishimira ko ibibazo hafi ya byose iri shyaka ryakoreye ubuvugizi byamaze gukemuka, bityo akabiheraho yemeza ko rikorera Abanyarwanda. 

Read more

Amajyaruguru: Abarwanashyaka ba Green Party batoye abazabahagararira mu matora

18 March, 2024

Abarwanashyaka b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), bahagarariye abandi bo mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru, batoye abakandida bazabahagararira mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nyakanga 2024.

 

Read more

Imyaka itandatu mu Nteko, Imyiteguro y'amatora: Impumeko ya Dr Frank Habineza [Ikiganiro n'Igihe.com]

12 March, 2024

Harabura amezi atatu kugira ngo hatangire ibikorwa bijyanye n’amatora y’Abadepite ndetse n’aya Perezida wa Repubulika cyane ko ari wo mwaka wa mbere agiye kuba ahujwe.

Read more

Ishyaka Green Party ryahisemo abazarihagararira mu Majyepfo mu matora y’Abadepite

12 March, 2024

Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda, bagaragaje ko hari ibitekerezo batanze byashingiwemo mu kugena impinduka zirimo kongera umushahara wa mwarimu, bakaba bavuga ko bazongera kurishyigikira mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.<

Read more

Green Party irifuza ko ibiciro by’ibiribwa ku masoko bigabanuka

12 March, 2024

Abarwanashyaka bo mu Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda(Democratic Green Party of Rwanda) bitabiriye congress baturutse mu Ntara y’Amajyepfo, basabye ko abazabahagararira mu Nteko ishingamategeko kuzabakorera ubuvugizi ibiciro by’ibiribwa biri ku masoko bikaba byagab

Read more

Green Party yatoye abazayihagararira mu matora y’Abadepite mu Ntara y’Amajyepfo

11 March, 2024

Kuri iki cyumweru, itariki 10 Werurwe 2024, ishyaka Democratic Green Party of Rwanda ryatoye abakandida 16 bazarihagararira ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.

Read more