Ikiganiro twagiranye na TV 10 kukibazo cya Gaz mu Rwanda | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Ikiganiro twagiranye na TV 10 kukibazo cya Gaz mu Rwanda

Mwakurikira Ikiganiro Umuyobozi mukuru w'Ishyaka Green Party, Hon.Dr.Frank Habineza, yagiranye na TV 10  ku wa  8 Mutarama 2022, kubijyanye n’ikibazo cya Gaz mu Rwanda. Bagikoranye na Bwana Musangabatware Clement  wari ikiyoboye, kandi barikumwe na  na Bwana Ndagijimana Emmanuel umuyobozi wa Kigali Gas Ltd. Minisitiri w’ibidukikije Dr.Mujawamariya Jeanne D'Arc  yatanze ubutumwa bwe akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga. #Rwanda

Link kuri Youtube: IKIGUZI CYA GAZ - ISANGANO LIVE - YouTube