Depite Frank Habineza wigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, agatsindirwa ku majwi ya 0,45%, avuga ko ntakizamubuza kwiyamamaza mu matora ataha kabone nubwo uwamutsinze na we ashobora kuziyamamaza. Ati “Uwantsinze ntaho yagiye ariko nanjye ntaho nagiye.”
Perezida mushya wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa warahiriye izi nshingano muri iki cyumweru, yavuze ko hifuzwa ko amatora y’Umukuru w’Igihugu yajya abera rimwe n’ay’Abadepite mu rwego rwo kugabanya ingengo y’imari igenda kuri aya matora yombi.
As we come to the close of the year 2022, the Democratic Green Party of Rwanda [DGPR] wishes to appreciate the Government for the measures which were put in place to combat COVID 19, which proved effective and we were able to resume party activities in the whole country since May.
A Rwandan opposition lawmaker slammed the Rwanda-UK asylum seekers deal arguing it could create budget difficulties and destabilize the society in the long run.
Frank Habineza, a Rwandan opposition lawmaker has criticised Britain's decision to send asylum seekers to his home country.
Au Rwanda, quelques voix s'élèvent pour dénoncer l'accord scellé avec le Royaume-Uni pour le renvoi des migrants et demandeurs d'asile à Kigali. Comme opposant à cette décision déjà acté entre les deux pouvoirs le député du parti démocratique vert Frank Habineza. Il s'insurge contre une décision inhumaine avec pour but de violer des droits de ces migrants.
UK accused of shifting international obligations and Rwanda of ignoring issues causing its own refugees . Opposition politicians in Rwanda have criticised its agreement to accept thousands of unauthorised asylum seekers flown from the UK, saying wealthy western countries should “own up to international obligations on the migration issues”.
Rwanda TV's The Square Show: A Review of 2021 | Regional Cooperation, Governance and Expectations in 2022. The Democratic Green Party leader , Dr.Frank Habineza, was a panelist and highlighted several issues of national importance.You can watch it from here: https://www.youtube.com/watch?v=dq8UqnQZQYg
Mukiganiro Depite Dr.Frank Habineza umuyobozi mukuru w’Ishyaka Green Party yagiranye n’umunyamakuru wa Radio 10 ku itariki ya 4 Mutarama 2022, yasabye ko RURA (Rwanda Regulatory Authority) yashiramo imbaraga kugirango amabwiraza yayo ajyanye no kuvugurura ibikiro bya GAZ yubahiriwe, kuberako hirya no hino mugihigu bitari kwubahirirwa.