Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) ryifuza ko umubare w’Abadepite batorwa mu Nteko Ishinga Amategeko wava kuri 80 ukagera ku 100 kugira ngo babashe gutanga umusaruro nk’uko bikwiye.Ubusanzwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, igizwe n’abadepite 80 n’abasenateri 26.
Ishyaka rya Green Party, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021 mu kiganiro ryagiranye n’itangazamakuru, ryatangaje ko ryifuza ko umubare w’Abadepite wiyongera bakava kuri 80 bakaba nibura 100 kugira ngo barusheho kuzuza inshingano bakorera abaturage.
Mu nama nyunguranabitekerezo ku mavugurura yifuzwa mu bijyanye n’amatora (Dialogue Meeting on Electroral Reforms in Rwanda ) yabaye kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 22 Gicurasi 2021, ihuje abarwanashyaka b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda). Umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yavuze ko gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi.
The National Executive Committee of the Democratic Green Party of Rwanda held a dialogue meeting on the necessary electoral reforms on 22nd May 2021 and thereafter had a press conference with different media houses in Kigali, Rwanda.
The Democratic Green Party resolved to once again call upon the concerned Rwandan authorities to consider the following electoral reforms before the next elections cycle:
Today is #EarthDay2021 the main theme is Restore our Earth. Yesterday, 21st April, a team from the Democratic Green Party of Rwanda, visited River Nyabugogo, which flows in into River Nyabarongo-the distant source of River Nile. This river runs through Kigali City, near Kigali main Bus Park in Nyabugogo. It is affected by several bussiness activities, that including car garages, restourants, shops, and the sorrounding communities. A lot of household waste is directly dumped into the river and part of its catchment has become a dump-site.
The opposition Democratic Green Party of Rwanda on Wednesday called for a ‘lasting solution’ after its campaign against hiked property tax bore fruit.
The Finance Minister Dr Uzziel Ndagijimana announced Tuesday late evening that government had decided to suspend implementation of taxes on land and property which had come into force in 2019.
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda rihagarariwe na Depite Dr. Frank Habineza ryashimye Guverinoma y’u Rwanda yumvishe gutaka kw’abaturage ikarekeraho umusoro wari usanzweho ku mutungo utimukanwa.
Ku munsi w’ejo kuwa Kabiri nibwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangaje ko impinduka zari zabaye mu kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa urimo uw’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko basoraga mu 2019.
Ni nyuma yo kwinuba kwa benshi bari bamaze igihe bagaragaraza ko uwo musoro uhanitse cyane bitajyanye n’ubushobozi bwabo.
The opposition Democratic Green Party of Rwanda promises to make a plea for small businesses that have been affected by COVID-19 to have access to the 100 billion Frw Post-COVID-19 Economic Recovery Fund, according to Party President Dr. Frank Habineza.