Tuyishime Jean Deogratious | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Tuyishime Jean Deogratious

Ishyaka ryari rigiye gusenyeshwa miliyoni ijana: Intandaro yo kwirukana ‘abagambanyi’ muri Green Party

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ukwakira 2021, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije ryatunguranye risohora itangazo ryirukana abarwanashyaka baryo babiri b’Imena bashinjwa ubugambanyi no gushaka gusenya ishyaka ‘baririmo’.

Ntabwo ari ibintu byari biherutse muri iri shyaka rifite ibirango by’icyatsi kibisi, nyuma y’imyaka itatu rije mu mashyaka ya mbere atavuga rumwe n’ubutegetsi yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, mu matora yabaye mu 2018.

English

Party Declaration: Expulsion from the Party of Mr.TUYISHIME Jean Deogratious and Mr.MUTABAZI Ferdinand

The Central Executive Committee of the Democratic Green Party of Rwanda after getting advice from the Party’s Ethics and Disciplinary Committee on matters concerning acts of treachery and misconduct by:  Mr.TUYISHIME Jean Deogratious and Mr.MUTABAZI Ferdinand, whom have been harboring treacherous plans of destroying the party from within  by creating another political party, which they say they have resources and support from people outside the country. They have been mobilizing several party leaders to join them in those acts of treachery.

English

Itangazo ry’Ishyaka: Kwirukana mw'Ishyaka Bwana TUYISHIME Jean Deogratious na Bwana MUTABAZI Ferdinand.

Komite Nyobozi Nshingwabikora y’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), nyuma yo kugirwa Inama na Komite Nkemurampaka y'Ishyaka, kuwa 24 Ukwakira 2021, kubijyanye ni myitwarire mibi yagiye iranga bamwe mubarwanashyaka bayo bagizwe na Bwana Tuyishime Jean Deogratious na Bwana Mutabazi Ferdinand aho byagaragaye ko bafite imigambi mibisha kandi y’ubugambanyi yo gusenya Ishyaka barisenyera muryo benda gushinga bavuga ko babiterwamo inkunga n’abari hanze y’igihugu, kandi byagaragaye ko bamaze igihe bakangurira bamwe mubayobozi b’Ishyaka gufatanya nabo muri uwo mu

English