Summary of News items | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Summary of News items

Ingingo imaze iminsi ivugwaho mu Rwanda ni ijyanye n’itegeko rigena inkomoko y’imari n’umutungo by’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage yagiyeho mu mwaka wa 2018, yongereye imisoro ku butaka, ubukode bw’inzu n’ibibanza bidakoreshwa.Kuva ryasohoka kugeza ubu ntabwo ryavuzweho rumwe ndetse mu mpera za 2019 urukiko rw’Ikirenga rwararegewe rusabwa gutesha agaciro zimwe mu ngingo zirigeza, icyakora imwe niyo yonyine yateshejwe agaciro.Bimwe mu byagaragajwe nk’ibibangamiye abaturage mu... Read more
Hon.Dr.Frank Habineza, President, DGPR
Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba n’umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Hon Dr Frank Habineza yavuze ko [ yatanze umushinga w'itegeko rihindura, Itegeko rigena inkomoko y'imari n'umutungo by’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage, ari ryo ry'ibanda k'umusoro ukomoka ku]  mutungo utimukanwa by’umwihariko ubutaka [n'mazu] wagabanywa maze  asabwa gushaka ahandi iyo [... Read more
The opposition Democratic Green Party of Rwanda promises to make a plea for small businesses that have been affected by COVID-19 to have access to the 100 billion Frw Post-COVID-19 Economic Recovery Fund, according to Party President Dr. Frank Habineza."The conditions of access to this Fund limit the small farmer or informal trader who had a credit of 500 000 Frw to one million Frw, and who can no longer restart his business because of the losses related to COVID-19. "It seems that it is the... Read more
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, avuga ko bishimira uburyo ibyo bagiye bavuganiraho abaturage birimo gukorwa, muri ibyo hakaba harimo ko umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%, uw’abarimu ukaba umaze kuzamurwaho 20% n’uw’abapolisi nawo ukaba urimo kuzamurwa. Ibi Dr Frank Habineza yabisobanuye ubwo bari mu nama ya biro Politiki y’iri shyaka, yigaga ku byerekeye... Read more
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Hon Dr Frank Habineza avuga ko kuba ishyaka abereye umuyobozi ryarinjiye no mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda by’umwihariko mu mutwe wa Sena, ngo bigaragaza ko rimaze gukura kandi akaba ashima ko ngo bigenda byumvikana ko n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi na bo bafite ibitekerezo byiza ndetse ngo bashobora guhagararira abanyarwanda.Ibi Depite Frank Habineza... Read more
Ingufu za nikleyeri zishobora gukoreshwa mu bikorwa by'iterambere, gusa ibihugu bigira impungenge z'ingaruka zava ku mpanuka z'ikoreshwa ryazoGuverinoma y'u Rwanda yaraye yemeje gushyiraho 'urwego rushinzwe ingufu za atomike', uruhande rutavuga rumwe n'ubutegetsi ruvuga ko rutabishyigikiye kandi ruzakomeza kugaragaza impamvu rutabishyigikiye.Kuva mu 2018 Uburusiya buvugana n'u Rwanda ku gutunganya no gukoresha ingufu za nikleyeri (cyangwa za atomike, za kirimbuzi) mu bikorwa by'iterambere.... Read more
Ikiganiro n'Ikinyamakuru, IGIHE.COM: Dr Frank Habineza mu 2013 yagiye ku biro bya RGB agiye gufata ibyangombwa by’ishyaka rye. Icyo gihe yashakaga kwiyamamaza mu matora y’abadepite ariko kubera kubibona atinze, ntiyabasha kwiyamamaza, ataha yimyiza imoso, amatora yakurikiyeho yahise ahindura umuvuno ashaka kuba Perezida wa Repubulika. Ni urugendo rurerure kuri we kuko muri ayo matora nabwo atahiriwe, kuko yagize 0.5% mu gihe yumvaga ko make yagira ari 25%. Ubu amaze imyaka ibiri mu Nteko... Read more
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) akaba n’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Dr Frank Habineza, yibukije Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ko gahunda yo gushyiraho umushahara fatizo kandi ujyanye n’ibiciro biri ku isoko ku bakozi bose ikwiriye kwihutishwa.Ubusabe bwa Dr Habineza buje busanga ubumaze igihe bw’Urugaga rw’Amasendika y’Abakozi mu Rwanda (CESTRAR) rwakunze gusaba ko ishyirwaho ry’umushahara... Read more
Iyi nkuru yanditswe na The Source Post: Byabaye ibirori bidasanzwe ubwo Dr Habineza Frank uyobora ishyaka Democratic Green Party of Rwanda yemererwaga kuba umudepite mu Rwanda.Ni urugamba barwanye amanywa n’ijoro, rwaranzwe no kwihanganira byinshi byaje kurangira iri shyaka rigize abadepite babiri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.Iri shyaka ryabonye n’undi mwanya mushya mu nteko ishinga amategeko nyuma yuko Mugisha Alexis atorewe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda, kuba... Read more
Senator Alexis Mugisha
Members of the National Consultative Forum of Political Organisations in Rwanda on Thursday, 24th September 2020, elected both Mr.Alexis Mugisha and Ms.Mukakarangwa Clotilde to the Rwandan Senate as stipulated by the Rwandan Constitution. Both were confirmed yesterday by the Supreme Court.Mr.Alexis Mugisha, is the Commissioner General of the Democratic Green Party of Rwanda and has been a party member since its inception in 2009. He holds a Bachelor’s degree in Physical and Human Geography and... Read more
Mugisha Alexis
Ihuriro ry’Igihugu ry’imitwe ya Politiki mu Rwanda ryatoreye Mukakarangwa Clotilde ( wa PDC) na Mugisha Alexis (wa Green Party) kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena basimbuye babiri basoje manda yabo.Aba basenateri batowe n’inama rusange y’iri huriro igizwe n’abanyamuryango 44 aho buri mutwe wa politiki uba uhagarariwe n’abantu bane.Mugisha afite icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza, akaba ari gukora icyiciro cya gatatu mu bijyanye n’iterambere no kurengera ibidukikije. Yatowe ku... Read more
UMUBAVU waganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokorasi no Kurerengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), Depite Ntezimana Jean Claude agaruka byimbitse kubyo bagiye biyemeza kimwe n’ibyo bagiye bemerera abaturage bageze babishyira mu bikorwa.Ishyaka Ishyaka Green Party si rishya mu matwi y’abantu kuko ubu ryicaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda nyuma yuko mu matora aheruka y’Abadepite ryegukanye imyanya ibiri aho rihagarariwe na Perezida... Read more
Hon.Ntezimana Jean Claude, Secretary General-DGPR
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Depite Ntezimana Jean Claude, yatangaje ko ishyaka rye ritemera kandi ryamagana iraswa ry’abantu baba bambaye amapingu bikavugwa ko bashatse kurwanya cyangwa gutoroka inzego zishinzwe umutekano. Yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama, mu kiganiro yagiranye na BWIZA TV cyagarukaga ku buzima bw’igihugu muri rusange ndetse n'aho ririya shyaka rigeze rishyira mu bikorwa ibyo... Read more
Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party akaba n’umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda, yasabye Leta gutanga ubutabera ku bantu bafungiye akarengane mu magereza yo mu Rwanda mbere y’uko inama ya CHOGM iterana. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk Channel, Dr Habineza yagarutse ku mpinduka ishyaka rye ryazanye mu miyoborere y’u Rwanda, aho yagarutse ku bitekerezo byagiye bitangwa n’ishyaka abereye umuyobozi bikagirira Abanyarwanda umumaro.Bimwe mu bitekerezo... Read more
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ‘Democratic Green Party of Rwanda’ ryamaganye icyemezo cy’uko guhera mu mwaka w’amashuri utaha, abanyeshuri bose kuva mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza bagiye kujya biga mu rurimi rw’icyongereza.Riravuga ko ingaruka mbi z’iki cyemezo zitazatinda kwigaragaza.Hari abaturage bavuga ko iki cyemezo ari kiza kuko abana bazarushaho kumenya indimi z’amahanga.Imiryango itari iya leta ikora k’uburezi ivuga ko ireme rishobora kuzasubira inyuma, ariko ikigo cy’igihugu cy’... Read more
Nile River Basin
La recherche d’une solution pour le conflit Egypte-Ethiopie autour du Barrage de la Renaissance arrive à un point d’impasse qu’il revient maintenant à l’Union Africaine (UA) d’amorcer urgemment une médiation après l’échec des pourparlers sous la médiation des USA et de la Banque Mondiale.L’Ethiopie a déjà commencé à remplir le barrage, selon les photos par satellites. Alors que l’Egypte s’oppose à ce remplissage non convenu entre les deux parties, et qui risque de réduire le niveau d’eau du Nil... Read more
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party of Rwanda, DGPR], Depite Dr Frank Habineza avuga ko ingufu Nucléaire zigira ingaruka nyinshi ku buryo u Rwanda rudakwiye guhita rutekereza kuzikoresha mu gihe hakiri izindi zirimo iz’amashanyarazi zakwifashishwa.Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire.Uyu mushinga uhuriweho n’u Rwanda n’u Burusiya aho ibihugu byombi... Read more
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party of Rwanda, DGPR], Depite Dr Frank Habineza atangaza ko kugira ngo u Rwanda rugere ku ntego rwihaye z’icyerekezo 2050, hasabwa imbaraga mu kwamagana abakoresha nabi ibya rubanda.Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko mu mwaka wa 2050, umunyarwanda azaba abasha kubona miliyoni zitari munsi ya 12 mu mwaka. Ni mu gihe biteganyijwe ko ubukungu bw’u Rwanda buzaba buzamuka ku kigero cyo hejuru ya 10... Read more
The Democratic Green party of Rwanda (DGPR) has said the existing political will of zero tolerance to corruption is a sign of a bright future.Green Party President and representative in parliament MP Dr. Frank Habineza made the remarks yesterday while appearing on a radio talk show face to face with Rwanda Patriotic Front (RPF) senior cadre Sheikh Abdul-Karim Harerimana to discuss the ‘26 year liberation journey in Rwanda’. Both Habineza and Harerimana agreed that there are issues of corruption... Read more
Mps during a past Plenary Session
Some members of parliament recently suggested the idea of government rolling out special incentives for teachers to help uplift their welfare, which, they say will go a long way in boosting the quality of education in the country. The suggested incentives include a special duty free shop where teachers can buy groceries at subsidized prices, and providing their children with free education. The MPs’ proposals last week, on Friday, June 12, during the approval of an assessment report on issues... Read more

Pages