Summary of News items | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

Summary of News items

Nduwayezu Peter, Commiseur
Le Parti Democratque Vert du Rwanda ou Green Party  recommande que le nombre des Députés au Parlement rwandais augmente de vingt membres, pour atteindre cent Députés, selon le Président de Green Party, Dr Frank Habineza.« La raison est simple. En 2003, les électeurs étaient 4 millions pour une population d’environ sept millions d’habitants. Depuis lors, les électeurs sont 8 millions pour une population de 12 millions d’habitants. Aujourd’hui, il y a une partie de la population que n’atteignent... Read more
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.Mu biganiro abarwanashyaka b’iri shyaka bagiranye ndetse bari batumiyemo itangazamakuru, bavuze ko kuba mu Rwanda [hagikurikizwa Itegeko Nshinga ryo muri 2003, kandi umubare w’abanyarwanda wiyongereye bityo... Read more
Uwera Jackie, Komiseri
Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) ryifuza ko umubare w’Abadepite batorwa mu Nteko Ishinga Amategeko wava kuri 80 ukagera ku 100 kugira ngo babashe gutanga umusaruro nk’uko bikwiye.Ubusanzwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, igizwe n’abadepite 80 n’abasenateri 26.Ishyaka rya Green Party, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021 mu kiganiro ryagiranye n’itangazamakuru, ryatangaje ko ryifuza ko umubare w’Abadepite wiyongera bakava... Read more
Mu nama nyunguranabitekerezo ku mavugurura yifuzwa mu bijyanye n’amatora (Dialogue Meeting on Electroral Reforms in Rwanda ) yabaye kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 22 Gicurasi 2021, ihuje abarwanashyaka b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda). Umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yavuze ko gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi.Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Dr Frank Habineza , yavuze ko batangije inama (Dialogue) ijyanye n’amatora mu... Read more
The National Executive Committee of the Democratic Green Party of Rwanda held a dialogue meeting on the necessary electoral reforms on 22nd May 2021 and thereafter had a press conference with different media houses in Kigali, Rwanda.The Democratic Green Party resolved to once again call upon the concerned Rwandan authorities to consider the following electoral reforms before the next elections cycle:1. The law and other regulations governing Local elections need to be amended and provide for... Read more
River Nyabugogo has become a dump site
Today is #EarthDay2021 the main theme is Restore our Earth. Yesterday, 21st April, a team from the Democratic Green Party of Rwanda, visited River Nyabugogo, which flows in into River Nyabarongo-the distant source of River Nile. This river runs through Kigali City, near Kigali main Bus Park in Nyabugogo. It is affected by several bussiness activities, that including car garages, restourants, shops, and the sorrounding communities. A lot of household waste is directly dumped into the river and... Read more
The opposition Democratic Green Party of Rwanda on Wednesday called for a ‘lasting solution’ after its campaign against hiked property tax bore fruit.The Finance Minister Dr Uzziel Ndagijimana announced Tuesday late evening that government had decided to suspend implementation of taxes on land and property which had come into force in 2019.According to the Ministerial Order at the time, the new rates varied from Rwf 0-300 per sqm. Rates on taxable buildings on the other hand, were categorized... Read more
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda rihagarariwe na  Depite Dr. Frank Habineza ryashimye Guverinoma y’u Rwanda yumvishe gutaka kw’abaturage ikarekeraho umusoro wari usanzweho ku mutungo utimukanwa.Ku munsi w’ejo kuwa Kabiri nibwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangaje ko impinduka zari zabaye mu kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa urimo uw’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko basoraga mu 2019.Ni nyuma yo kwinuba kwa benshi bari bamaze... Read more
Democratic Green Party of Rwanda End of Year Message and Aspirations for 2021As we come to the close of the year 2020, which was characterized by the COVID-19 Pandemic that left many families mourning the loss of their loved ones, we take on this moment to foremost comfort all those that lost their loved ones and express our gratitude to all front-line workers who sacrificed themselves to contain this pandemic in Rwanda. A big thank you thank to all Nurses, Doctors, others in the medical... Read more
Ingingo imaze iminsi ivugwaho mu Rwanda ni ijyanye n’itegeko rigena inkomoko y’imari n’umutungo by’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage yagiyeho mu mwaka wa 2018, yongereye imisoro ku butaka, ubukode bw’inzu n’ibibanza bidakoreshwa.Kuva ryasohoka kugeza ubu ntabwo ryavuzweho rumwe ndetse mu mpera za 2019 urukiko rw’Ikirenga rwararegewe rusabwa gutesha agaciro zimwe mu ngingo zirigeza, icyakora imwe niyo yonyine yateshejwe agaciro.Bimwe mu byagaragajwe nk’ibibangamiye abaturage mu... Read more
Hon.Dr.Frank Habineza, President, DGPR
Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba n’umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Hon Dr Frank Habineza yavuze ko [ yatanze umushinga w'itegeko rihindura, Itegeko rigena inkomoko y'imari n'umutungo by’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage, ari ryo ry'ibanda k'umusoro ukomoka ku]  mutungo utimukanwa by’umwihariko ubutaka [n'mazu] wagabanywa maze  asabwa gushaka ahandi iyo [... Read more
The opposition Democratic Green Party of Rwanda promises to make a plea for small businesses that have been affected by COVID-19 to have access to the 100 billion Frw Post-COVID-19 Economic Recovery Fund, according to Party President Dr. Frank Habineza."The conditions of access to this Fund limit the small farmer or informal trader who had a credit of 500 000 Frw to one million Frw, and who can no longer restart his business because of the losses related to COVID-19. "It seems that it is the... Read more
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, avuga ko bishimira uburyo ibyo bagiye bavuganiraho abaturage birimo gukorwa, muri ibyo hakaba harimo ko umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%, uw’abarimu ukaba umaze kuzamurwaho 20% n’uw’abapolisi nawo ukaba urimo kuzamurwa. Ibi Dr Frank Habineza yabisobanuye ubwo bari mu nama ya biro Politiki y’iri shyaka, yigaga ku byerekeye... Read more
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Hon Dr Frank Habineza avuga ko kuba ishyaka abereye umuyobozi ryarinjiye no mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda by’umwihariko mu mutwe wa Sena, ngo bigaragaza ko rimaze gukura kandi akaba ashima ko ngo bigenda byumvikana ko n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi na bo bafite ibitekerezo byiza ndetse ngo bashobora guhagararira abanyarwanda.Ibi Depite Frank Habineza... Read more
Ingufu za nikleyeri zishobora gukoreshwa mu bikorwa by'iterambere, gusa ibihugu bigira impungenge z'ingaruka zava ku mpanuka z'ikoreshwa ryazoGuverinoma y'u Rwanda yaraye yemeje gushyiraho 'urwego rushinzwe ingufu za atomike', uruhande rutavuga rumwe n'ubutegetsi ruvuga ko rutabishyigikiye kandi ruzakomeza kugaragaza impamvu rutabishyigikiye.Kuva mu 2018 Uburusiya buvugana n'u Rwanda ku gutunganya no gukoresha ingufu za nikleyeri (cyangwa za atomike, za kirimbuzi) mu bikorwa by'iterambere.... Read more
Ikiganiro n'Ikinyamakuru, IGIHE.COM: Dr Frank Habineza mu 2013 yagiye ku biro bya RGB agiye gufata ibyangombwa by’ishyaka rye. Icyo gihe yashakaga kwiyamamaza mu matora y’abadepite ariko kubera kubibona atinze, ntiyabasha kwiyamamaza, ataha yimyiza imoso, amatora yakurikiyeho yahise ahindura umuvuno ashaka kuba Perezida wa Repubulika. Ni urugendo rurerure kuri we kuko muri ayo matora nabwo atahiriwe, kuko yagize 0.5% mu gihe yumvaga ko make yagira ari 25%. Ubu amaze imyaka ibiri mu Nteko... Read more
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) akaba n’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Dr Frank Habineza, yibukije Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ko gahunda yo gushyiraho umushahara fatizo kandi ujyanye n’ibiciro biri ku isoko ku bakozi bose ikwiriye kwihutishwa.Ubusabe bwa Dr Habineza buje busanga ubumaze igihe bw’Urugaga rw’Amasendika y’Abakozi mu Rwanda (CESTRAR) rwakunze gusaba ko ishyirwaho ry’umushahara... Read more
Iyi nkuru yanditswe na The Source Post: Byabaye ibirori bidasanzwe ubwo Dr Habineza Frank uyobora ishyaka Democratic Green Party of Rwanda yemererwaga kuba umudepite mu Rwanda.Ni urugamba barwanye amanywa n’ijoro, rwaranzwe no kwihanganira byinshi byaje kurangira iri shyaka rigize abadepite babiri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.Iri shyaka ryabonye n’undi mwanya mushya mu nteko ishinga amategeko nyuma yuko Mugisha Alexis atorewe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda, kuba... Read more
Senator Alexis Mugisha
Members of the National Consultative Forum of Political Organisations in Rwanda on Thursday, 24th September 2020, elected both Mr.Alexis Mugisha and Ms.Mukakarangwa Clotilde to the Rwandan Senate as stipulated by the Rwandan Constitution. Both were confirmed yesterday by the Supreme Court.Mr.Alexis Mugisha, is the Commissioner General of the Democratic Green Party of Rwanda and has been a party member since its inception in 2009. He holds a Bachelor’s degree in Physical and Human Geography and... Read more
Mugisha Alexis
Ihuriro ry’Igihugu ry’imitwe ya Politiki mu Rwanda ryatoreye Mukakarangwa Clotilde ( wa PDC) na Mugisha Alexis (wa Green Party) kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena basimbuye babiri basoje manda yabo.Aba basenateri batowe n’inama rusange y’iri huriro igizwe n’abanyamuryango 44 aho buri mutwe wa politiki uba uhagarariwe n’abantu bane.Mugisha afite icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza, akaba ari gukora icyiciro cya gatatu mu bijyanye n’iterambere no kurengera ibidukikije. Yatowe ku... Read more

Pages