UMUBAVU waganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokorasi no Kurerengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), Depite Ntezimana Jean Claude agaruka byimbitse kubyo bagiye biyemeza kimwe n’ibyo bagiye bemerera abaturage bageze babishyira mu bikorwa.
Ishyaka Ishyaka Green Party si rishya mu matwi y’abantu kuko ubu ryicaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda nyuma yuko mu matora aheruka y’Abadepite ryegukanye imyanya ibiri aho rihagarariwe na Perezida waryo, Dr Frank Habineza kimwe n’Umunyamabanga Mukuru waryo, Ntezimana Jean Claude.
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Depite Ntezimana Jean Claude, yatangaje ko ishyaka rye ritemera kandi ryamagana iraswa ry’abantu baba bambaye amapingu bikavugwa ko bashatse kurwanya cyangwa gutoroka inzego zishinzwe umutekano.
Yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama, mu kiganiro yagiranye na BWIZA TV cyagarukaga ku buzima bw’igihugu muri rusange ndetse n'aho ririya shyaka rigeze rishyira mu bikorwa ibyo ryemereye Abanyarwanda.
Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party akaba n’umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda, yasabye Leta gutanga ubutabera ku bantu bafungiye akarengane mu magereza yo mu Rwanda mbere y’uko inama ya CHOGM iterana.
Mu kiganiro yagiranye na Real Talk Channel, Dr Habineza yagarutse ku mpinduka ishyaka rye ryazanye mu miyoborere y’u Rwanda, aho yagarutse ku bitekerezo byagiye bitangwa n’ishyaka abereye umuyobozi bikagirira Abanyarwanda umumaro.
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ‘Democratic Green Party of Rwanda’ ryamaganye icyemezo cy’uko guhera mu mwaka w’amashuri utaha, abanyeshuri bose kuva mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza bagiye kujya biga mu rurimi rw’icyongereza.
Riravuga ko ingaruka mbi z’iki cyemezo zitazatinda kwigaragaza.
Hari abaturage bavuga ko iki cyemezo ari kiza kuko abana bazarushaho kumenya indimi z’amahanga.
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda: DGPR), riravuga ko Guverinoma iri kureba ku nyungu gusa ntirebe ingaruka kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire, bizateza abanyarwanda.
Ku wa Mbere tariki 15 nibwo Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yatoye umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burusiya y’ubufatanye mu kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire ku butaka bw’u Rwanda.
On Monday, 15th June, during a plenary session of the Chamber of Deputies-Rwanda Parliament, two Democratic Green Party of Rwanda, MPs, voted against the law approving the ratification of the agreement between Rwanda and Russia on cooperation in the construction of the Centre of Nuclear Science and Technology on the territory of Rwanda, which was signed in Sochi, on 24th October 2019.
Why did Green Party MPs Vote Against the Nuclear Center law:
Democratic Green Party's new National Executive Committee Members Approved by the Political Bureau, 20th July 2019
During its ordinary seating on 20th July 2019, the Political Bureau elected new Party Commissioners and therefore, confirmed the new National Executive Committee. It’s imperative to note that in addition to the Commissioners the National Executive Committee is also made up of 9 members from the Central Executive Committee who were elected by the Party Congress last year.
Parliament Chamber of Deputies has revisited the organic law governing elections to allow the bill to make sense to the current situation four years after the latest review.The law of 2003 revised in 2015, was tabled for approval on July 22. However, it came with the Democratic Green Party of Rwanda raising debate on major changes that will come with the new bill.
The new bill retained that the initiative to call a referendum lies within the ambit of the President of the Republic and a Presidential Order determines the election day of referendum and its purpose.
N’ubwo Umutwe w’Abadepite w’Inteko Ishinga amategeko ku wa 22 Nyakanga 2019 wemeje Umushinga w’Itegeko rigenga amatora, abadepite bamwe bo muri Green Party banze kuwemeza.
Bamwe mu badepite bo mu Ishyaka ’Democratic Green Party’ basanga Perezida wa Repubulika atari we wenyine ufite ububasha bwo gukoresha Referandumu. Ingingo y’106 y’uyu mushinga w’Itegeko ivuga ko Perezida wa Repubulika ari we ufite ububasha bwo gukoresha Referandumu.
On July 20 last week, I was invited to engage members of the Democratic Green Party of Rwanda on the delicate but important subject of electoral reform, the political and electoral systems, and how to strengthen democratic institutions in the country.
Interestingly, during the question and answer session, the recurrent question asked and commented on by members is “why the Green party hasn’t yet been ‘given’ cabinet and other positions in government yet it’s a constitutional requirement”.