Au Rwanda, quelques voix s'élèvent pour dénoncer l'accord scellé avec le Royaume-Uni pour le renvoi des migrants et demandeurs d'asile à Kigali. Comme opposant à cette décision déjà acté entre les deux pouvoirs le député du parti démocratique vert Frank Habineza. Il s'insurge contre une décision inhumaine avec pour but de violer des droits de ces migrants.
UK accused of shifting international obligations and Rwanda of ignoring issues causing its own refugees . Opposition politicians in Rwanda have criticised its agreement to accept thousands of unauthorised asylum seekers flown from the UK, saying wealthy western countries should “own up to international obligations on the migration issues”.
Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) ntirishyigikiye icyemezo cya leta y’u Rwanda yo kwakira abimukira bavuye mu Bwongereza.
Iri shyaka rirabitangaza nyuma yuko byumvikanye mu bitangazamakuru bitandukanye ko u Rwanda rwemeye kwakira aba bimukira ndetse ubu amasezerano akaba yamaze gusinyirwa i Kigali hagati y’ibihugu byombi.
The Democratic Green Party of Rwanda supports welcoming refugees who have chosen Rwanda as their first destination but not those who chose to go to the UK or other European countries.
We think that rich countries including the UK should not shift their international obligation to receive refugees and transfer them to third countries, just because they have the money to influence and enforce their will.
Rwanda has already a high population density in Africa and already land is not sufficient for us all, with a lot of land conflicts and competition for the natural resources.
IKIGANIRO URUBUGA RW'ITANGAZAMAKURU: Ubuhahirane nyuma yo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza Uganda nu Rwanda, Hon.Dr.Frank Habineza, Perezida wa Democratic Green Party of Rwanda, yagiranye na TV-Radio
IKIGANIRO HON. DR FRANK HABINEZA WA GREEN PARTY-UMUPAKA WA GATUNA/ AMATORA YA 2024 / IGICIRO CYA GAZ/ GATANYA ZIVUZA UBUHUHA, YAGIRANYE NA TV ISANGO Star kuwa 4/2/2022
Mwakurikira Ikiganiro Umuyobozi mukuru w'Ishyaka Green Party, Hon.Dr.Frank Habineza, yagiranye na TV 10 ku wa 8 Mutarama 2022, kubijyanye n’ikibazo cya Gaz mu Rwanda. Bagikoranye na Bwana Musangabatware Clement wari ikiyoboye, kandi barikumwe na na Bwana Ndagijimana Emmanuel umuyobozi wa Kigali Gas Ltd. Minisitiri w’ibidukikije Dr.Mujawamariya Jeanne D'Arc yatanze ubutumwa bwe akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga.