Umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda DGPR yanenze uburyo abantu bakekwaho ibyaha bafungwa,binyuranije n’amategeko Aho usanga benshi barakatiwe iminsi 30 y’agateganyo, nyamara ugasanga bararengeje imyaka bataraburana ngo bahamwe n’ibyaha cyangwa se ngo bagirwe abere, batanze urugero kuri Dr Kayumba Christoper