Mu myaka icumi Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda rimaze ryemerewe gukorera mu Rwanda, ni ku nshuro ya mbere ryakoze kongere ihuza urubyiruko ruturutse mu turere twose tw'igihugu ku itariki ya 16/9/2023.
Amafoto agaragaza uko ku munsi wa mbere wa kongere byari byifashe:
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza ari kungurana ibitekerezo na Visi Perezida we Madame Maombi Carine
Perezida wa DGPR Nyakubahwa Dr Habineza Frank
Visi Perezida wa DGPR Madame Maombi Carine
Umunyamabanga mukuru wa DGPR Nyakubahwa Depite Ntezimana Jean Claude
Umuyobozi w’abakomiseri muri DGPR Nyakubahwa Senateri Mugisha Alexis
Urubyiruko rwaturutse hirya no hino ku isi rwitabiriye kongere.
Abanyamuryango b’ihuriro rya Green Party ku Isi, nabo bitabiriye kongere y’urubyiruko rwa DGPR.
Urubyiruko rwatanze ibitekerezo nyuma y’ikiganiro cya mbere.
Nyuma yo guhugurwa bagiye mu karuhuko.
Mucunguzi Obed/ Rwanda Tribune