General News | Page 28 | Rwanda
Default environment

You are here

Status message

The webform component civicrm_contact is not able to be displayed

General News

Ishyaka Green Party ryongeye gusaba ko hajyaho minisiteri y’itangazamakuru mu Rwanda

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije rirasaba Leta yu Rwanda gucyemura Ibibazo byitangaza makuru vuba na bwangu.

Mubyihutirwa harimo kubura ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo (opinions) bituma abanyamakuru batinya kuvuga ibyo babona ko bitameze neza.

English

Green Party iratabariza urubyiruko n’abasaza bacitse ku icumu batishoboye

Ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) rirasaba Leta y’u Rwanda n’abandi bireba ko yakongera imbaraga mu kuzamura imibereho y’abacitse ku icumu cyane cyane abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri Jenoside n’abari mu zabukuru badafite abo kubitaho.

Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR) ryashyize ahagaragara kuri uyu wa 08 Mata 2016, ryatangaje ko ryifatanyije n’abanyarwanda mu guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside.

English

Green Party yasabye Minisitiri w’intebe kwemeza ivugururwa ry’itegeko rigenga amashyaka ya Politiki

Nyuma yo kwandikira komisiyo y’ igihugu y’ amatora ikavuga ko itanyuzwe n’ igisubizo yahawe, bigatuma yandikira Inteko Ishinga amategeko, Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda DGPR, ryandikiye Minisitiri w’ intebe risaba ko itegeko rigenga amatora ryavugururwa mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu.

English

Green Party yageze kuri Minisitiri w’Intebe isaba ko itegeko rigenga amatora rivugururwa

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) ryamaze kugeza ibaruwa mu biro bya Minisitiri w’Intebe, risaba impinduka mu itegeko rigenga amatora mu Rwanda.

Tariki ya 10 Gashyantare 2016 nibwo Green Party yandikiye Inteko Ishinga Amategeko, isaba ko zimwe mu ngingo zigize itegeko rigenga amatora zivugururwa.

English

Ishyaka rya Green Party rirasaba Leta y’u Rwanda kwihutira gushyiraho umushahara fatizo ku bakozi

Ubuyobozi bw’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, rirasaba leta y’u Rwanda kwihutira gushyiraho umushahara fatizo ngo mu rwego rwo kuzamura imibereho y’abakozi mu Rwanda. Ubuyobozi bw’iri shyaka busobanura ko bwisunze amahirwe bubonye ku munsi w’abakozi ngo ishyaka ryabo ritange ubu butumwa , aho bwemeza ko hari amafaranga menshi yiharirwa n’abategetsi mu mashimwe ndetse n’gaahimbazamusyi, kandi ngo yagasaranganyijwe mu bakozi benshi baciriritse bakabaho neza.

English

Green Party yasabye Leta gukemura ikibazo cy’amafaranga make agenerwa abari mu za bukuru

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikikije (DGPR) rihamagarira Leta y’u Rwanda gukemura ibibazo bikunze kugaragazwa n’abari mu za bukuru birimo no kuba bafata amafaranga y’intica ntikize kandi barakoreye u Rwanda.

Umukozi wageze mu za bukuru yaratanze imisanzu y’ubwiteganyirize kuva mu myaka yo hambere, agafata pansiyo abanyeshuri bacyandika muri Musana ya paji 32, ashobora kutagurira abe amakaye agezweho kuko ayo yahabwaga icyo gihe ni yo akibona, ndetse ku kwezi benshi muri abo bafata atagera ku bihumbi 10.

English

Labour day message: DGPR calls for a minimum wage in Rwanda

The Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) takes on the opportunity of the International Labour day to request the Rwandan Government to set up a minimum wage (SMG) for Rwandan workers, without further delay, as stipulated in Article 76, Law No. 13/2009 of 27 May 2009.  

English

DGPR has Submitted Demands for Political and Electoral Reforms to the Rwandan Prime Minister

The Democratic Green Party of Rwanda has today, the 19th of April 2016, submitted its demands to the Rwandan Prime Minister, calling for reforms in the national election laws and the political parties Act.

This request follows a previous petition submitted to the Rwandan Parliament on 10th February 2016, calling for political and electoral reforms.  However, the party was advised by the Deputy Speaker on 10th March 2016, to either find an MP to table the matter in Parliament or request the cabinet to do so as stipulated in Article 88 of the Rwandan Constitution.

English

DGPR Calls for more Psychological and Economic Empowerment of Genocide Survivors and the Youth born out of Rape during the Genocide.

Press Statement: DGPR Calls for more Psychological and Economic Empowerment of Genocide Survivors and the Youth born out of Rape during the Genocide.

The Democratic Green Party of Rwanda joins all Rwandans in the 22nd commemoration of the 1994 Genocide against the Tutsi. We stand in unison with the nation in fighting the genocide ideology.

English

Press Release: DGPR Leaders Met with the Deputy Speaker of Rwandan Parliament on Legal Reforms

Upon invitation by the Rwandan Parliament, on Thursday, 10th March 2016, the President of the Democratic Green Party of Rwanda, together with the Party’s Secretary General and National Treasurer, met with the Deputy Speaker of Parliament in charge of Legal affairs and control of the Government, accompanied by the Director of Legal Affairs and discussed issues concerning DGPR’s requests for electoral and political reforms.

English

Pages