Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere muri Sena, muri gahunda yayo yo kugenzura imikorere y’inzego z’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda, yakiriye Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], rishimirwa kwimakaza uburinganire mu nzego z’imiyoborere yaryo.
The opposition Democratic Green Party of Rwanda on Wednesday called for a ‘lasting solution’ after its campaign against hiked property tax bore fruit.
The Finance Minister Dr Uzziel Ndagijimana announced Tuesday late evening that government had decided to suspend implementation of taxes on land and property which had come into force in 2019.
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda rihagarariwe na Depite Dr. Frank Habineza ryashimye Guverinoma y’u Rwanda yumvishe gutaka kw’abaturage ikarekeraho umusoro wari usanzweho ku mutungo utimukanwa.
Ku munsi w’ejo kuwa Kabiri nibwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangaje ko impinduka zari zabaye mu kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa urimo uw’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko basoraga mu 2019.
Ni nyuma yo kwinuba kwa benshi bari bamaze igihe bagaragaraza ko uwo musoro uhanitse cyane bitajyanye n’ubushobozi bwabo.
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda, DGPR) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Hon Dr Frank Habineza avuga ko kuba ishyaka abereye umuyobozi ryarinjiye no mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda by’umwihariko mu mutwe wa Sena, ngo bigaragaza ko rimaze gukura kandi akaba ashima ko ngo bigenda byumvikana ko n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi na bo bafite ibitekerezo byiza ndetse ngo bashobora guhagararira abanyarwanda.
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda: DGPR), riravuga ko Guverinoma iri kureba ku nyungu gusa ntirebe ingaruka kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire, bizateza abanyarwanda.
Ku wa Mbere tariki 15 nibwo Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yatoye umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burusiya y’ubufatanye mu kubaka Ikigo cy’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga mu bya Nucléaire ku butaka bw’u Rwanda.
The Democratic Green Party of Rwanda successfully trained its members and held consultative meetings in Kirehe, Nyagatare and Gisagara Districts on 10th and 11th March 2018.
During these meetings members elected candidates who will represent them in the upcoming parliamentary elections. They also elected elected district committee leaders.
The Democratic Green Party of Rwanda is pleased to inform the general public that it concluded party meetings and trainings in Rutsiro and Gakenke districts on 3rd March 2018, where members elected both female and male parliamentary candidates, who will represent them in the upcoming parliamentary elections in Rwanda.
The leadership trainings offered skills in management of political conflicts, rules and regulations regarding elections and electoral campaigns, women involvement in decision making organs, gender issues and the party’s political ideology.
Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) ritangaza ko ryatangiye gushaka abazarihagararira muri buri karere mu matora y’Abadepite ateganyije mu kwezi kwa Cyenda uyu mwaka.
Umunyamabanga mukuru w’iri shyaka, Ntezimana Jean Claude, yatangarije Radiyo Ijwi rya Amerika ko batigeze bacika intege nyuma yo gutsindwa mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye muri Kanama 2017.