Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) ntirishyigikiye icyemezo cya leta y’u Rwanda yo kwakira abimukira bavuye mu Bwongereza.
Iri shyaka rirabitangaza nyuma yuko byumvikanye mu bitangazamakuru bitandukanye ko u Rwanda rwemeye kwakira aba bimukira ndetse ubu amasezerano akaba yamaze gusinyirwa i Kigali hagati y’ibihugu byombi.
The Democratic Green Party of Rwanda supports welcoming refugees who have chosen Rwanda as their first destination but not those who chose to go to the UK or other European countries.
We think that rich countries including the UK should not shift their international obligation to receive refugees and transfer them to third countries, just because they have the money to influence and enforce their will.
Rwanda has already a high population density in Africa and already land is not sufficient for us all, with a lot of land conflicts and competition for the natural resources.
IKIGANIRO URUBUGA RW'ITANGAZAMAKURU: Ubuhahirane nyuma yo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza Uganda nu Rwanda, Hon.Dr.Frank Habineza, Perezida wa Democratic Green Party of Rwanda, yagiranye na TV-Radio
Mwakurikira Ikiganiro Umuyobozi mukuru w'Ishyaka Green Party, Hon.Dr.Frank Habineza, yagiranye na TV 10 ku wa 8 Mutarama 2022, kubijyanye n’ikibazo cya Gaz mu Rwanda. Bagikoranye na Bwana Musangabatware Clement wari ikiyoboye, kandi barikumwe na na Bwana Ndagijimana Emmanuel umuyobozi wa Kigali Gas Ltd. Minisitiri w’ibidukikije Dr.Mujawamariya Jeanne D'Arc yatanze ubutumwa bwe akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga.
It’s my party and I’ll cry if I want to. This sentiment, outlined in Lesley Gore’s 1963 hit, has seemingly been the manifesto of politicians throughout history who view institutions as merely instruments for their own personal gain. But political parties are more than an extension of their leader’s popularity. They are vibrant organizations of thousands, sometimes millions, of people united behind a common vision, armed with the unique ability to radically transform their society.
The present year has come to an end making space for the new year. Like the previous year, 2021 was also characterized by the COVID-19 Pandemic and the country had two lockdowns, this year has also left many families mourning the loss of their loved ones. We would like to take on this moment to foremost comfort and condole all those who lost their loved ones. We would like to also express our sincere gratitude to all front-line workers who sacrificed themselves to contain this pandemic in Rwanda.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yijeje ko igiciro cya Gaz yo gutekesha ubu kigeze ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi 17 ku icupa ry’ibiro 12, kizagabanywa nyuma y’inyigo izarangira tariki ya 13 Ukuboza 2021
Ministiri w’Intebe yabitangarije Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku wa 03 Ukuboza 2021, ubwo Depite Dr Frank Habineza yari amugejejeho ikibazo cy’uko Gaz irimo kugenda izamuka mu biciro ku mpamvu atarasobanukirwa.
Poor handling of garbage, coupled with toxic effluents from industrial, mining and garage activities continue to foment trouble that could ruin lives and marine wildlife in Rwanda’s river if unchecked, a new study revealed.
An assessment report on pollution of the Nile Basin and associated water ecosystem basins in Rwanda singles out household waste as polluting water bodies the most, followed industrial establishments and car garages.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ukwakira 2021, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije ryatunguranye risohora itangazo ryirukana abarwanashyaka baryo babiri b’Imena bashinjwa ubugambanyi no gushaka gusenya ishyaka ‘baririmo’.
Ntabwo ari ibintu byari biherutse muri iri shyaka rifite ibirango by’icyatsi kibisi, nyuma y’imyaka itatu rije mu mashyaka ya mbere atavuga rumwe n’ubutegetsi yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, mu matora yabaye mu 2018.